Abafundi, ababaji n’abanyabukorikori bavuga ko bahura n’ibibazo bitandukanye mu kazi kabo ka buri munsi ariko hari n’ibindi byinshi bamaze kugeraho babikesha aka kazi.
Amakuru
AMASEZERANO Y’AKAZI IGISUBIZO KU BWISHINGIZI || STECOMA
Ngo kugira amasezerano y’akazi bizatuma abakozi bagira ubwishingizi bityo
IHERE AMASO IMIRIMO ITANGAJE Y’UBWUBATSI YARANZE IKI KINYEJANA
Inzira yo munsi y’inyanja izwi ku izina rya Channel Tunnel ihuza Ubwongereza n’Ubufaransa
«GUHABWA INYEMEZABUMENYI BIZONGERA AGACIRO N’ICYIZERE ABAFUNDI BARI BASANZWE BAFITIWE N’ABAKILIYA BABO» – Minisitiri w’abakozi ba leta n’umurimo
Ubu ni ubutumwa bwatanzwe na minisitiri w’umurimo,Mme Fanfan RWANYINDO
UBURENGANZIRA BW’UMUKOZI
Iyubahirizwa ry’uburenganzira bw’umukozi,kimwe mu biraje ishinga amasendika
STECOMA mu biganiro ku mishyikirano y’umukozi n’umukoresha
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 14/03/2018 hamwe n’inzobere ziturutse mu bubiligi (Belgique),
STECOMA mu kiganiro na TV10
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere taliki ya 08/01/2018 ubwo STECOMA yaganiraga na TV10 ku bijyanye
Inteko rusange ya 2 ya STECOMA yateranye kuri uyu wa kane
Ubwo Iyi nteko rusange yateranaga kuri uyu wa kane taliki ya 21/12/2017,
Uruhare rw’abagore mu gifundi
Nk’uko byagiye bigarukwaho ko abagore nabo bashoboye imirimo ubusanzwe yakorwaga n’abagabo harimo:
Hamwe n’Umujyi wa Kigali STECOMA izagira uruhare mu kurwanya no guca akajagari mu myubakire
STECOMA ifitanye amasezerano