Kutaba muri STECOMA (Sendika y’abafundi, ababaji n’abanyabukorikori) ni igihombo – Mukasine
Abafundi, ababaji n’abanyabukorikori bavuga ko bahura n’ibibazo bitandukanye mu kazi kabo ka buri munsi ariko hari n’ibindi byinshi bamaze kugeraho babikesha aka kazi.
Abafundi, ababaji n’abanyabukorikori barangije amahugurwa n’amasomo bahawe impamyaboshobozi zabo
Kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Mutarama 2020, Ishuri rikuru ry’imyuga n’Ubumenyingiro (Rwanda Polytechnic), IPRC Kigali ryatanze impamyaboshobozi ku bubatsi, ababaji ndetse n’abandi
AMASEZERANO Y’AKAZI IGISUBIZO KU BWISHINGIZI || STECOMA
Ngo kugira amasezerano y’akazi bizatuma abakozi bagira ubwishingizi bityo
“Twifuza ko umuntu wese ukora mu bwubatsi agomba kuba afite contract” Evariste Umunyamabanga Mukuru wa STECOMA (Video)
Nyuma yo gutangira guhabwa impamyabushobozi abafundi,