Abafundi, ababaji n’abanyabukorikori bavuga ko bahura n’ibibazo bitandukanye mu kazi kabo ka buri munsi ariko hari n’ibindi byinshi bamaze kugeraho babikesha aka kazi.
Author: stecoma
Abafundi, ababaji n’abanyabukorikori barangije amahugurwa n’amasomo bahawe impamyaboshobozi zabo
Kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Mutarama 2020, Ishuri rikuru ry’imyuga n’Ubumenyingiro (Rwanda Polytechnic), IPRC Kigali ryatanze impamyaboshobozi ku bubatsi, ababaji ndetse n’abandi
AMASEZERANO Y’AKAZI IGISUBIZO KU BWISHINGIZI || STECOMA
Ngo kugira amasezerano y’akazi bizatuma abakozi bagira ubwishingizi bityo
“Twifuza ko umuntu wese ukora mu bwubatsi agomba kuba afite contract” Evariste Umunyamabanga Mukuru wa STECOMA (Video)
Nyuma yo gutangira guhabwa impamyabushobozi abafundi,
IHERE AMASO IMIRIMO ITANGAJE Y’UBWUBATSI YARANZE IKI KINYEJANA
Inzira yo munsi y’inyanja izwi ku izina rya Channel Tunnel ihuza Ubwongereza n’Ubufaransa
«GUHABWA INYEMEZABUMENYI BIZONGERA AGACIRO N’ICYIZERE ABAFUNDI BARI BASANZWE BAFITIWE N’ABAKILIYA BABO» – Minisitiri w’abakozi ba leta n’umurimo
Ubu ni ubutumwa bwatanzwe na minisitiri w’umurimo,Mme Fanfan RWANYINDO
UBURENGANZIRA BW’UMUKOZI
Iyubahirizwa ry’uburenganzira bw’umukozi,kimwe mu biraje ishinga amasendika
STECOMA mu biganiro ku mishyikirano y’umukozi n’umukoresha
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 14/03/2018 hamwe n’inzobere ziturutse mu bubiligi (Belgique),
STECOMA mu kiganiro na TV10
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere taliki ya 08/01/2018 ubwo STECOMA yaganiraga na TV10 ku bijyanye
Uruhare rw’abagore mu gifundi
Nk’uko byagiye bigarukwaho ko abagore nabo bashoboye imirimo ubusanzwe yakorwaga n’abagabo harimo: